English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

93.9 SK FM: Menya abanyamakuru b'inararibonye bagaragaye mu kiganiro ‘Urukiko rw'Ikirenga’.

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Gashyantare 2025, radiyo nshya ya SK FM ivugira ku murongo wa 93.9 yitabiriye isoko ry'itangazamakuru mu Rwanda, yemeza ku mugaragaro ko izajya itanga amakuru anyuranye mu bijyanye n'imikino.

Abanyamakuru batatu b'inararibonye; Sam Karenzi, Kazungu Claver, Niyibizi Aimé na Ishimwe Ricard, bashyizeho ikiganiro gishya cy'imikino "Urukiko rw'Ikirenga."

Iki kiganiro kizajya gitanga isesengura ry'imikino, kikaba cyitezweho guha abakunzi b'imikino uburyo bwiza bwo kumva amakuru ya hafi kandi atari mu buryo bw'ubusanzwe.

Abanyamakuru b'iki kiganiro bazaba bafite inshingano zo gutanga ibitekerezo bitandukanye kandi byubaka ku mikino itandukanye haba mu gihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga.

Abakunzi ba radiyo SK FM n'ikiganiro "Urukiko rw'Ikirenga" bariteguye cyane, kubera ubunararibonye bafite muri siporo.



Izindi nkuru wasoma

Ntabwo ashoboye! Bumwe mu busesenguzi bw’abanyamakuru ba Siporo ku mutoza wa APR FC

Izajya ihabwa n’abakivuka:Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda

Icyo wamenya ku mutoza wumvikanye na APR FC

Menya ibihugu 5 bya mbere muri Afurika mu kugira abakina imikino y'amahiwe benshi

Hari abashobora no gukurikiranwa!- RMC yongeye kwihanangiriza abanyamakuru ba Siporo



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-02-10 14:22:08 CAT
Yasuwe: 601


Comments

By NSHIMIYIMANA Jacques on 2025-02-16 07:56:03
 Oooh you have good Information from Morning up to anather morning Thanks we are here forever

By NSHIMIYIMANA Jacques on 2025-02-16 07:55:55
 Oooh you have good Information from Morning up to anather morning Thanks we are here forever



Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/939-SK-FM-Menya-abanyamakuru-binararibonye-bagaragaye-mu-kiganiro-Urukiko-rwIkirenga.php