English Français
Twabonye inkuru kuri twe? Twandikire utubwire ibyaribyo byose.

Nicki Minaj arashakwa cyane muri Afurika y’epfo

Nyuma y’uko abaraperi babiri;Nicki Minaj yahuriye mu ndirimbo n’uwahoze ari umukoresha we Lil Wayne’Banned From No’. Mu cyumweru kimwe igiye hanze yabaye iya mbere kuri iTunes iza no mu zikunzwe muri Afurika y’Epfo kuri iTunes.

Nicki Minaj yagiye kuri X asubiza abafana be bo muri icyo gihugu ko yifuza kuzabataramira niba bamufitiye urukumbuzi. Iyi ndirimbo iri kumvwa cyane no mu bihugu by’I Burayi dore ko mu Bufaransa iri ku mwanya wa kabiri kuri ruriya rubuga.



Izindi nkuru wasoma

Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya

Indwara yaramushegeshe cyane Avugwa ku mukinnyi w’igihanganjye wa Real Madrid

Perezida Kagame yakiriye Dr. Akinwumi wayoboye Banki Nyafurika Itsura Amajyambere

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC, yagize ibyo avuga

Bugingo Hakim yerekeje muri APR FC nyuma yo kwigaragaza muri Rayon Sports



Author: Yves Iyaremye Chief Editor Published: 2025-06-16 11:20:48 CAT
Yasuwe: 80


Comments

No comments

Leave a comment

Comment
Name
Email (not displayed)
https://ijambo.net/content/Nicki-Minaj-arashakwa-cyane-muri-Afurika-yepfo.php